Ku itariki ya 08 Gicurasi 2026, Umuyobozi w'Akarere Madamu KAYITARE Jacqueline yifatanyije n'Ubuyobozi, Abarezi n'Abanyeshuri mu gikorwa cyo kwibuka…
Ku itariki ya 27 Ugushyingo 2023, Umuyobozi w’Akarere wungirije Ushinzwe imibereho myiza Bwana MUGABO Gilbert ari kumwe n’Umuyobozi ushinzwe Ishami…
Ni ibikubiye mu butumwa Umuyobozi w’Akarere Madamu KAYITARE Jacqueline yagiye ageza ku bahinzi muri uku kwezi k’Ugushyingo ubwo yabaga yifatanyije na…
Kuwa 17 Ugushyingo 2023; mu Mirenge yose igize Akarere ka Muhanga, habaye igikorwa cyo koroza inka imiryango 41 muri gahunda ya Girinka yatangijwe na…
Buri mwaka, kuva ku itariki ya 25 Ugushyingo kugeza ku ya 10 Ukuboza, u Rwanda rwifatanya n'Isi yose mu kuzirikana iminsi 16 yahariwe gukumira no…
Kuwa Gatandatu tariki ya 26 Ugushyingo 2023, hirya no hino midugudu yose no mu bigo by’amashuri habaye umuganda rusange usoza ukwezi k'Ugushyingo. Uyu…
Ku itariki ya 22 Ugushyingo 2023, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutabera ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko akaba n’imboni y’Akarere…
Ku itariki ya 06 Ugushyingo 2023, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice KAYITESI ari kumwe n'ubuyobozi w'Akarere n'inzego z'umutekano…
Kuri uyu wa 17 Ukwakira 2023, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro ku bufatanye n’Intara y’Amajyepfo bizihije umunsi wo gushimira abasora ku rwego rw’Intara…
Kuri uyu munsi tariki 15 Ukwakira 2023, u Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro, by’umwihariko ku rwego…